Aya mahugurwa yatangiriye ku bakozi 36 ba RCS, barimo Abofisiye 12, Abasuzofisiye na WDRs 23 ndetse n’umukozi umwe w’umusivile. Aba bakaba baturutse mu Magororero atandukanye aherereye hirya no hino mu gihugu.
Senior Superintendent Jean Pierre Bazambanza Umuyobozi w’Agateganyo w’Ishuri rya RCS Rwamagana, mu gutangiza amahugurwa yavuze ko akamaro k’aya amahugurwa ari ukongerera ubumenyi n’ububushobozi abakozi ba RCS kugira ngo barusheho gukora inshingano zabo z’igorora mu buryo bwa kinyamwuga.
Aya mahugurwa ni intambwe ikomeye mu rugendo rwa RCS rwo kwihutisha impinduka zishingiye ku ikoranabuhanga mu mikorere y’Amagororero n’imikoranire inoze n’izindi nzego z’Ubutabera.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.