Ibiganiro byabo byagarutse ku ngamba z’ubufatanye hagati y’inzego zinyuranye mu guteza imbere uburere bwiza, kwigisha indangagaciro z’umuco nyarwanda no kubaka urubyiruko rufite icyerekezo. Urubuga Ngishwanama rwashimye uruhare rukomeye RCS ikomeje kugira mu bikorwa byo kugorora no gufasha abagororwa kwisubiraho, ari na byo bituma basubira mu miryango barushijeho gusobanukirwa uko bakwiye kwitwara n’inshingano zabo zo guteza imbere Igihugu nk’Abanyarwanda.
Abagize urwo rubuga bijeje ko bazakomeza gukora ubuvugizi ku nzego bireba, kugira ngo gahunda zo kugorora zishyirwa mu bikorwa na RCS zikomeze kugenda neza, zitange umusaruro wifuzwa kandi uhamye.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.