Kuri uyu wa mbere taliki 11 Ugushyingo 2024, nibwo Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora(RCS), rwasohoye itangazo rivuga ko abari abakozi barwo bagera kuri 411, birukanywe mukazi biturutse ku makosa atandukanye yagiye abagaragaraho arimo imyitwarire mibi irimo ruswa n’ibindi. Ibyo bikaba bihabanye n’amahame y’umwuga bakoraga, akaba ariyo mpamvu birukanywe mu kazi.
Muri abo birukanywe harimo umukomiseri umwe (01), ba ofisiye bakuru 26, ba ofisiye bato 20, na ba su Ofisiye n’aba wada 364, bakoraga ku magororero atandukanye mu gihugu ndetse n’abandi bakoreraga ku cyicyaro gikuru cy’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS.
Kwirukana bamwe mu bakozi bagaragayeho imyitwarire itajyanye n’ubunyamwuga, si ubwa mbere bikozwe kuko ibi bikorwa mu rwego rwo kwimakaza imikorere myiza n’ubunyamwuga mu kazi ka burimunsi.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.