Mvurankuvure ni inyigisho z’isanamitima zifasha abagorororwa n’abantu bafunze gutekereza ku byaha bakoze no kwicuza, bikazabafasha kubana neza n’abandi no kudakora insubiracyaha, mu gihe basoje ibihano bakatiwe, basubiye mu miryango yabo. Ni umuhango witabiriwe n’abafatanyabikorwa muri aya masomo baturutse mu Muryango ‘Prison fellowship.
‘Prison fellowship Rwanda’ ni Umuryango utegamiye kuri Leta, ugira uruhare mu ifashamyumvire no guhindura abafite intekerezo mbi, binyuze mu kubaka amahoro, kubaka imibereho myiza, guharanira ubutabera, ndetse no gutanga inyigisho zifasha abantu kwihangana, hifashishijwe Iyobokamana.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.