Abana bane bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bakoze ikizamini cya Leta gisoza icyiciro Rusange 2023-2024, bakorana n’abandi bana biga mu bigo bitandukanye, mu rwunge rw’amashuri rwa GS Nyagatare, uyumunsi taliki ya 23 Nyakanga 2024.
Bimaze kumenyerwa ko abakora ibizamini bya Leta buri mwaka ko hataburamo abana bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, aho bahabwa amasomo atandukanye mu gihe bari gukora ibihano by’ibyaha bakoze cyangwa bagikurikiranwa n’inkiko kuko Igororero bagororerwamo ari iryihariye kuribo.
Abagiye bakora ibizamini bya Leta bari mu Igororero ry’abana rya Nyagatare mubihe byashize bagiye bagaragaza ubudasa kuko ntanumwe uratsindwa, bose baratsinda kandi bagatsindira ku manota meza.
Hari n’abandi bana babiri bakoreye Ikizamini I musanze, muri GS Muhoza 1, kuko bakiri gukurikiranwa n’inkiko bataroherezwa mu Igororero ryabagenewe, ariko inkiko nizimara gufata imyanzuro nabo bazahita basanga bagenzi babo.
Abana bane bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bakoze ikizamini cya Leta gisoza icyiciro Rusange 2023-2024, bakorana n’abandi bana biga mu bigo bitandukanye, mu rwunge rw’amashuri rwa GS Nyagatare, uyumunsi taliki ya 23 Nyakanga 2024.
Bimaze kumenyerwa ko abakora ibizamini bya Leta buri mwaka ko hataburamo abana bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, aho bahabwa amasomo atandukanye mu gihe bari gukora ibihano by’ibyaha bakoze cyangwa bagikurikiranwa n’inkiko kuko Igororero bagororerwamo ari iryihariye kuribo.
Abagiye bakora ibizamini bya Leta bari mu Igororero ry’abana rya Nyagatare mubihe byashize bagiye bagaragaza ubudasa kuko ntanumwe uratsindwa, bose baratsinda kandi bagatsindira ku manota meza.
Hari n’abandi bana babiri bakoreye Ikizamini I musanze kuko bakiri gukurikiranwa n’inkiko bataroherezwa mu Igororero ryabagenewe, ariko inkiko nizimara gufata imyanzuro nabo bazahita basanga bagenzi babo.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.