Ayo mahugurwa yatangwaga n’abarimu batanga ubufasha muby’amategeko muri icyo kigo murwego rwo kurushaho kunoza akazi neza, ku nkunga y’ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe iterambere mu Rwanda (UNDP), ku bufatanye n’inzego z’ubutabera sisitemu y’ikoranabuhanga mu gucunga amadosiye no kuburanira ku ikoranabuhanga mu manza ziri mu nkiko, mu rwego rwo kongerera ubushobozi abakora ako kazi umunsi kumunsi.
Ni amahugurwa yahawe abakora mu nzego z’ubutabera bagera kuri 31 n’abakozi b’umwuga b’urwego 20 bakurikirana umunsi ku munsi amadosiye n’iburanisha binyuze mu ikoranabuhanga hagamijwe gutanga serivise nziza.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.