Muri uwo muhango wo kwibuka kandi bifatanyije na bagenzi babo barikumwe mumasomo, bakora mu rwego rw’amagereza muri icyo gihugu (ZPCS), murwego rwo kubereka ko bifanyije nabo muri ibi bihe byo kwibuka abatutsi bishwe bazira uko baremwe, nkuko ibihugu byinshi birimo abanyarwanda bifatanya n’inshuti zabo bakibuka, uwo muhango ukaba uba buri mwaka.
uwo muhango wo kwibuka watangiye saa cyenda n’iminota 45 usozwa saa kumi n’imwe n’igice, aho umuyobozi mu bya Politiki muri iki gihugu akaba ari nawe wari umushyitsi mukuru P.T. CHIGIJI, aho mu ijambo rye yasabye abantu bose kubaha ikiremwamuntu aho kiva kikagera, bakirinda ikintu cyose cyatuma amaraso ameneka, asaba ko hatakongera kuba Jenoside ukundi.
Hasojwe n’ijambo rya Ambasaderi w’U Rwanda muri Zimbabwe James Musoni ashimira ashimira abaje kubafata mumugongo mumuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abasaba gukomeza umubano bafitanye kuko ari ikintu kigenzi cyane anabashimira urukundo badahwema kubagaragariza umunsi kumunsi.
Nyuma yo gusoza umuhango wo kwibuka, abakozi ba RCS, bahuye na Ambasaderi James Musoni n’ubuyobozi bw’amagereza, abizeza ko agiye kuzategura uruzinduko bakazajyana gusura umuyobozi mukuru w’amagereza muri icyo gihugu.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.