Buri mwaka kuva 1994 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, igahitana igahitana abasaga miliyoni b’inzirakaregane abanyarwanda bose bihaye gahunda yo kunamira abishwe muri icyo gihe, aho muri Mata bafata icyumweru bakunamira abishwe muri icyo gihe guhera taliki 07 kuko aribwo Jenoside yatangiye byeruye nyuma y’ihanurwa ry’indege y’uwahoze ayobora u Rwanda, Juvenal Habyarimana.
Ibi bikorwa murwego rwo guha icyubahiro abari Abatutsi bishwe muri icyo, aho hatangwa ibiganiro bitandukanye bijyanye n’amateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside ndetse na gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda nyuma yaho ihagarikiwe, akaba ari nayo mpamvu abari mumagororero nabo bibuka nk’abandi Banyarwanda bose.
Abari mumagororero bahabwa ibiganiro bitandukanye muri icyo cyumweru, bikibanda cyane kuri gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge kuko haba harimo abagiye gusoza ibihano bagize uruhare muri Jenoside, baba bamaze igihe kinini batari muri sosiyete baba bakeneye inyigisho zizabafasha kubana neza nabo basanze.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.