Abagore bagororerwa mu magororero atandukanye mu gihugu, bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, bishimira uburyo abagore bitabwaho muri gahunda zose uburenganzira bwabo bukubahirizwa, aho abayobozi batandukanye muturere turimo amagororero arimo abo bagore baje kwifatanya n’abo bagore mukwizihiza umunsi mpuzamahanga murwego rwo kubereka ko nabo ari abaturage igihugu giha agaciro nkuko giha agaciro abandi baturage bose.
Amagororero arimo abagore mu gihugu ni 5 ariyo Igororero rya Ngoma nirya Nyamagabe agororerwamo abagore gusa, hakaza Nyarugenge na Musanze harimo ibice bibiri icy’abagabo n’icy’abagore hakiyongeraho Igororero ry’abana rya Nyagatare rigororerwamo abana naho hari ib’ibitsina byombi.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.