Mu kiganiro Uwera yatanze yabwiye abantu bafunze n’abagororwa bagororerwa mu Igororero rya Gicumbi ko nabo ari abaturage nk’abandi bose ko ntagahunda iyariyo ireba abanyarwanda itagomba kubageraho, niyo mpamvu habaho umwanya wo kuza kubareba bakaganirizwa kuri gahunda za leta zitandukanye kugirango nabo batazasigara inyuma anababwira ko muri ukukwezi k’ubumwe bw’ubudaheranwa, nabo batekerejweho nkuko ibiganiro bigenda bitangwa ahantu hatandukanye byibanda kubudaheranwa.
Mu mwanya bahamaze hanatanzwe ikiganiro ku buzima bwo mumutwe gitangwa n’umuganga wo mu muryango Mizero Care Organization, hanakirwa ibibazo by’abagororwa n’abantu bafunzwe, umuyobozi w’akarere abizeza ko azagarukana n’abayobozi b’imirenge yose bagende bumva ibibazo bigendanye n’imirenge.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.