Mubari baherekeje abo bayobozi harimo inzego z’umutekano n’abayobozi batandukanye b’Imirenge igize Akarere ka Gasabo, murwego rwo kwegera abaturage babo bari mu Igororero rya Nyarugenge kubera impamvu zitandukanye biturutse kubyemezo by’inkiko bakabaganiriza, banabafasha gukemura bimwe mu bibazo baba bafite ndetse nabo ibyo badashoboye gukemura bakabikorera ubuvugizi, nkuko nahandi hose bigenda mu nteko z’abaturage bo muyindi mirenge, aho byaje guhuzwa na gahunda y’Igihugu y’ukwezi k’Ubumwe n’Ubudaheranwa .
Mu mwanya bahamaze hatanzwe ikiganiro cy’ubumwe n’ubudaheranwa kubagororwa n’Abantu bafunze b’Igororero rya Nyarugenge, hanatangwa umwanya w’ibibazo bitandukanye bijyanye n’imitungo n’iby’umuryango ibitabonewe ibisubizo birandikwa kugirango bishakirwe ibisubizo.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.