Bimaze kumenyerwa ko burimwaka hari abana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare, rifite umwihariko wo kwakira abana bataruzuza imyaka y’ubukure bakoze ibyaha bitandukanye bakahazanwa kuhasoreza ibihano, bakora ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye bijyanye n’imyaka baba bagezemo, aho muri uyu mwaka abagera kuri 19 bakoze ikizamini gisoza amashuri abanza hakiyongeraho n’undi wujujuje imyirondoro y’abitegura gukora ibizamini ari hanze mu karere ka Kamonyi kubw’ibyago zagufungwa ibizamini bikaba ari mu Igororero nawe watsinze, abandi 5 bagakora ikizamini gisoza icyiciro rusange mu mashuri yisumbuye, mu rwego rwo kubafasha kugororoka nkuko biri mu nshingano z’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora.
Abo bana uko ari 19 bakoze ikizamini gisoza amashuri abanza bose batsinze harimo ab’igitsinagore 02 n’abigitsinagabo 17, naho 05 bakoze ikizamini gisoza icyiciro rusange nabo batsinze bose bari igitsina gabo.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.