Muri uru ruzinduko, CGP Evariste Murenzi nyuma yo kugaragarizwa no kugezwaho ishusho y’iri gororero ry’abana, yaganirije Ubuyobozi bwaryo, maze anatanga impanuro zishingiye ku bikorwa bikorerwa muri Igororero muri rusange ndetse no hanze yaryo asaba abakozi kuba intangarugero no kurangwa n’ikinyabupfura buri wese akaba umujyanama wa mugenzi we, anabasaba gukorera hamwe mu kurwanya ibitemewe ku igororero.
CGP Evariste Murenzi kandi yasuye anaganiriza abarimu bigisha abana bagororerwa muri iri gororero, aha impanuro anaganiriza abanyeshuri 24 bitegura gukora ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2023 maze abifuriza kuzabitsina neza.
Mbere y’uko asoza uru ruzinduko kandi habayeho umwanya wo subiza ibibazo yabajijwe kandi abizeza kuzagaruka kubasura.
Komiseri Mukuru/RCS abaganiriza
Abanyesuri 24 bagororerwa mu igororero rya Nyagatare bazakora ibizamini bya Leta
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.