Muri uru ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri Perezida William Ruto, ari kugirira mu Rwanda rusize hasinywe amasezerano atandukanye ari mu ngeri zirimo ubufatanye mu bijyanye no kugorora, ajyanye n’amahugurwa mu bya dipolomasi, ajyanye n’ikoranabuhanga, ajyanye n’ubuzima, ajyanye n’urubyiruko n’ayo guteza imbere amakoperative hamwe n’izindi ngeri zitandukanye, azafasha ibihugu byombi kugenda byungukiranaho byinshi mu mikoranire ndetse no kwagura umubano.
Aya masezerano yasinywe azafasha impande zombi mu kurushaho kwigiranaho icyo Igihugu kimwe kirusha ikindi bityo kigisangize ubwo bumenyi, nk’aho mu magororero yo mu Rwanda bageze kure mu kurengera ibidukikije hakoreshwa Biogaz nta nkwi zigikoreshwa.
Nyuma y’isinywa ry’amasezerano habayeho gufata ifoto y’urwibutso.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.