Ibi byabaye mu rwego rwo kwimakaza umuco wo gukunda siporo nkuko leta yigomwe amasaha ya nyuma ya saa sita buri wa gatanu w’icyumweru, abakozi bose bakitabira siporo mu rwego rwo kurushaho kwita ku bakozi bayo, bagakora akazi bafite ubuzima bwiza kuko siporo ku bayikora ari ubuzima, ndetse n’abayobozi bakuru b’Igihugu bafata umwanya bakajyana n’abaturage muri siporo mu rwego rwo kuyibakundisha kuko bazi ibyiza byayo ari nabyo baba bifuriza abaturage bayo.
Abatabiriye uyu mukino impande zombi zawishimiye ndetse bifuza ko gahunda nkiyo yahoraho kuko aba ari n’umwanya wo gusabana hagati y’abakozi ndetse no kurwanya zimwe mu ndwara zandurira mukudakora siporo kandi banifuje ko habaho kongera gutegura undi mukino uzabahuza wafatwa nko kwishyura amakipe akongera agahura, bakongera kwipima ubundi ubusabane bugakomeza.
Umuyobozi w’Igororero rya Nyagatare SP Donatha Mukankuranga yashimangiyeko umukino uhuza abantu kugirango bishime, basabane kandi barusheho kugira ubufatanye mu byo bakora ndetse bashimangira ko ubu busabane buzahoraho.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.