Ni amahugurwa azamara ibyumweru bibiri ariko akazakorwa mu byiciro bibiri, aho icyiciro cyambere kizasoza kuwa gatanu kuwa 24 Werurwe 2023, hakurikireho ikindi cyiciro cyakabiri kizatangira kuwa mbere, taliki 27 basoze 31 Werurwe 2023, buri cyiciro kikazaba kigizwe n’itsinda ry’abantu mirongo itatu, ni amahugurwa agamije gufasha abafite aho bahurira n’ikoranabuhanga cyane irya IECMS rifasha ababurana n’inkiko hakabaho kuburana bidasabye ko uburana ajya mu rukiko.
Iri koranabuhanga kandi rifasha kubika amadosiye yabakoze ibyaha kuko biba bihuje na sisiteme y’inkiko bidasabye ko habikwa impapuro nkuko mbere byakorwaga, ibi kandi bikaba byihutisha imirimo y’inkiko kuko ushobora kureba dosiye yawe bidasabye kujya ku rukiko.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.